Urukiko rwo muri Uganda rwakatiye Thomas Kwoyelo wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za Lord's Resistance Army imyaka 40 ...
Hari abashumba b'inka bo mu nzuri za Gishwati, bavuga ko binubira umushahara w'ibihumbi 10 Frw kuko ngo utagendanye n'imvune bahura nazo muri aka kazi. Umunyamakuru wacu Didace Niyibizi, mu nzuri ...
Ikigo Nderabuzima cya Kigogo kiri mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi cyabonye internet nyuma y'imyaka myinshi yari ishize abahakorera bagaragaza ko bagowe no gutanga serivisi ku baturage.
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi, RAB kiravuga ko kuva uyu mwaka watangira, imitego itemewe isaga 1,500 ikoreshwa na ba rushimusi mu burobyi bwangiza umusaruro mu Kiyaga ...
Abantu 39 bitandukanyije n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barimo n’abana binjijwe ku ngufu mu mirwano bavuze ko biyemeje kudatatira intambwe nziza u ...
Umujyi wa Kigali uri kubaka umushinga mugari ugamije kunoza imiturire ahazwi nko kuri Mpazi ndetse imirimo yawo igeze ku kigero cya 90%. Uyu mushinga uri gukorerwa ku buso bwa hegitari 137, byitezwe ...
Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yakiriye itsinda riturutse muri Lesotho riyobowe na Minisitiri w’Intebe wungirije w’iki gihugu, Nthomeng Majara, baganira ku kurushaho ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 10 barimo n’Umuyobozi w’Isibo mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bakekwaho gukora inzoga zirimo izo mu bwoko bwa 'Liqueur' z’inyiganano ...
Abikorera bo mu Rwanda baratangaza ko amasezerano Guverinoma y'u Rwanda igenda igirana n'ibindi bihugu arimo n'ajyanye no koroshya ubuhahirane n'ishoramari muri rusange, akomeje gutanga umusaruro mu ...
Nyuma y’imyaka itatu ibihugu byombi bitabanye neza, Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron agiye gusura igihugu cya Maroc mu ruzinduko rw’iminsi 3 ruzaba mu cyumweru gitaha kuva tariki 28 kugeza ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryemeje ko Misiri yatsinze indwara ya Malaria, iki gihugu cyari kimaze imyaka isaga 100 gihanganye na yo. Umuyobozi Mukuru wa OMS, Dr Tedros ...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka ku matungo bikomeje kuzamuka hirya no hino ku masoko, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ivuga ko hagenda hafatwa ingamba zizatuma umusaruro w’ibikomoka ku matungo wiyongera ...