Urukiko rwo muri Uganda rwakatiye Thomas Kwoyelo wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za Lord's Resistance Army imyaka 40 ...
Isiganwa ry'imodoka "Rwanda Mountain Gorilla Rally" ryongeye kubera mu Rwanda ku nshuro yaryo ya 24, k uri uyu wa Gatanu ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi bwa ...
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi, RAB kiravuga ko kuva uyu mwaka watangira, imitego itemewe isaga 1,500 ikoreshwa na ba rushimusi mu burobyi bwangiza umusaruro mu Kiyaga ...
Abantu 39 bitandukanyije n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barimo n’abana binjijwe ku ngufu mu mirwano bavuze ko biyemeje kudatatira intambwe nziza u ...
Abantu 147 baguye mu mpanuka y'ikamyo ya essenece muri Nigeria, abatari bake barakomereka. Polisi muri Leta ya Jigawa ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryemeje ko Misiri yatsinze indwara ya Malaria, iki gihugu cyari kimaze imyaka isaga 100 gihanganye na yo. Umuyobozi Mukuru wa OMS, Dr Tedros ...
Nyuma y’imyaka itatu ibihugu byombi bitabanye neza, Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron agiye gusura igihugu cya Maroc mu ruzinduko rw’iminsi 3 ruzaba mu cyumweru gitaha kuva tariki 28 kugeza ...
Ingamba zo guhangana n’icyorezo cya Marburg zashyizweho na Leta y’u Rwanda zirimo gutanga umusaruro, bikagaragazwa n’uko mu minsi 4 ishize, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko nta wahitanwe n ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 10 barimo n’Umuyobozi w’Isibo mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bakekwaho gukora inzoga zirimo izo mu bwoko bwa 'Liqueur' z’inyiganano ...
Umujyi wa Kigali uri kubaka umushinga mugari ugamije kunoza imiturire ahazwi nko kuri Mpazi ndetse imirimo yawo igeze ku kigero cya 90%. Uyu mushinga uri gukorerwa ku buso bwa hegitari 137, byitezwe ...