Urukiko rwo muri Uganda rwakatiye Thomas Kwoyelo wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za Lord's Resistance Army imyaka 40 ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Ingamba zo guhangana n’icyorezo cya Marburg zashyizweho na Leta y’u Rwanda zirimo gutanga umusaruro, bikagaragazwa n’uko mu minsi 4 ishize, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko nta wahitanwe n ...
Urukiko Rukuru rwa Nairobi muri Kenya, rwahagaritse by’agateganyo icyemezo cyo kweguza no gusimbuza Visi Perezida, Rigathi Gachagua. Ni nyuma y’aho Perezida William Ruto mu gitondo cyo kuri uyu wa ...
Abantu 147 baguye mu mpanuka y'ikamyo ya essenece muri Nigeria, abatari bake barakomereka. Polisi muri Leta ya Jigawa yatangaje ko nyuma y'aho iyi kamyo ikoze impanuka, abantu bihutiye kujya kuyivoma ...
I Malakal muri Sudani y’Epfo ni hamwe mu bice bikoreramo ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, hakaba hakorera umutwe w’ingabo wa Rwanbatt -2 ufite inshingano zo gucunga ...
Isiganwa ry'imodoka "Rwanda Mountain Gorilla Rally" ryongeye kubera mu Rwanda ku nshuro yaryo ya 24, kuri uyu wa Gatanu hakaba habaye igikorwa cyo kwiyerekana ku bakinnyi bazahatana mu masiganwa ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi bwa cancer yari amaranye imyaka 13, yasezeweho mu cyubahiro, avugwa ubutwari ...
Guidelines for Sharing Broadcasting Infrastructure Guidelines for Sharing Broadcasting Infrastructure {10Mb } ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Paul Kagame arasaba abayobozi kurushaho gukorana ubwitonzi n'ubushishozi inshingano bafite, kugira ngo bageze iterambere ku Banyarwanda bose nta n'umwe usigaye inyuma. Ibi bikubiye mu butumwa ...
Hari aborozi b’inka bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko ubujura bwazo bugaragara muri aka Karere, bubateza ibihombo mu bworozi ariko Polisi y’u Rwanda ikavuga ko iki kibazo yagiharukiye ku buryo hari ...